in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ni akumiro! Umuhanzikazi yamanuye imyenda anyara mu isura y’umufana we, abantu barumirwa(Video)

Sophia Urista umuririmbyi mukuru mu itsinda rya Rock Band yatunguye abantu bitabiriye iserukiramuco ryitwa Welcome to Rockville muri Leta ya Florida aho ni muri Amerika.

Ubwo yari ku rubyiniro Sophia Urista uzwi mu iitsinda rya Rock Band , yafashwe amashusho amanura imyenda ye maze anyara mu bice bigize isura y’umufana we.

Sophia Urista comp

Arimo asubiramo indirimbo yitwa Rage against the Machine , nindi yitwa Waje up , Sophia Urista yatumiye umufana w’umugabo ku rubyiniro ngo bishimane.

Umugabo wasaga n’uwishimye yemeye kurambarara hasi maze Sophi amanura imyenda amusutarara hejuru aramunyarira mu isura udasize no mu kanwa.

Iki gikorwa cyamaze amasegonda 15 maze umugabo wanyariwe arahaguruka zimwe azinyanyagiza mu bafana. Iki gikorwa cyarakaje benshi mu bitabiriye iki gitaramo. Iki gikorwa cyakuruye umujinya ku mbuga nkoranyambaga bituma abategura iki gitaramo bemera gusaba imbabazi rubanda bati “Twari twagize ibihe byiza muri iki gitaramo gusa Sophia we biriya yakoze ni ugutwarwa , kiriya gikorwa ntimuzongera kubibona mu bitaramo byacu “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Matchday live: Rayon Sport Fc vs BANDA FC

Sobanukirwa: Akamaro k’imbuto za watermelon ku buzima