in

Ni agasuzuguro kajejeta, Hamenyekanye ibyo Barca yategetse Messi kugira ngo agaruke

Bivugwa ko ikipe ya FC Barcelona ishaka guha Lionel Messi 15% gusa y’umushahara y’umushahara yamuhaga kera kugira ngo ayigarukemo mu mpeshyi.

Iki gihangange cyo muri Espagne kiri kugerageza kugarura iki cyamamare cyo muri Argentine gifite imyaka 35, muri la liga.

Icyakora kubera ikibazo cy’amikoro,ntibiri gukunda neza ariyo mpamvu Barca yamusabye kugabanya cyane umushahara we nibura agahembwa 15 % by’ayo yahembwaga atarerekeza muri PSG.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Umusore yabaye kimenyabose nyuma yo kujya gusari yambaye nk’ugiye mu kiliziya

Divine Uwayezu wamamaye mu mashusho y’indirimbo nyarwanda yashyize hanze amafoto atangaje