in

Ngiyi inyandiko bivugwa ko Junior Giti na Chris Eazy bahimbye kugira ngo bikize umukire wari wabatumiye mu gitaramo

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko dosiye ya Nsengimana Rukundo Christian uzwi nka Chris Eazy na Bugingo Bony wamenyekanye nka Junior Giti, yashyikirijwe Ubushinjacyaha.

Abo bombi bakaba bakurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano.

Amakuru avuga ko bahimbye inyandiko y’uko Chris Eazy arwaye nyuma y’uko batari bitabiriye igitaramo bagombaga kwitabira i Musanze.

Ku wa 14 Mata nibwo Chris Eazy yagombaga kujya gutaramira muri Caves Hotel gusa ntiyagiyeyo, aho bavuga ko uyu muhanzi yari arwaye kandi banabyemeza berekana inyandiko ya mugabo ‘Repos Medicale’ igaragaza ko Chriss Eazy yari arwaye icyo gihe yagombaga kujya gutaramira Musanze.

‘Repos Medicale’ igaragaza ko Chriss Eazy yari arwaye igihe yagombaga kujya gutaramira Musanze

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wifuzwa n’ikipe y’igihugu Amavubi afite amahirwe yo gukina mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza

Ubutwari buracyabaho! Abagabo bishyize mu kangaratete bajya gutabara abana bendaga gutwarwa n’amazi(Amashusho)