in

Ngibi ibihugu byo muri Afurika umuntu wese w’igitsinagore yifuza kubamo

Hari ibihugu byo muri Afurika bivugwaho kuba ari byiza cyane ku bantu b’igitsinagore ndetse ngo bishimira cyane kubibamo.

Gukora uru rutonde, hagendewe ku manota yagiye atangwa mu byiciro umunani:Kugenda , Akazi, Umushahara, Gushyingirwa, Kubyara, kwihangira imirimo, Umutungo, na Pansiyo.

Ibihugu byiza ku bagore muri Afurika, Dukurikije urutonde rwa buri mwaka rwa Banki y’Isi,Ibirwa bya Maurice ni byo biza imbere mu bihugu by’Afurika byiza ku bagore babibamo.

Dore urutonde rw’ibihugu byiza ku bagore muri Afurika

1. Ibirwa bya Maurice
2. Afurika Yepfo
3. Zimbabwe
4. Namibiya
5. Togo
6. Liberiya
7. Cote d’Ivoire
8. Mozambique
9. Tanzania
10. Rwanda na Kenya

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bernard
Bernard
2 years ago

Rwanda😎0788852453

Uwurukundo Emmanuel
Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

Urwanda se kuki barugize urwa10 kandi ariho umugore yashyizwe imbere cyane

Uwurukundo Emmanuel
Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

0788445534

Mutimawumuntu Theobald
Mutimawumuntu Theobald
1 year ago

Nanjye narinzi ko Ari urwa MBERE

Umusore wari ugiye kurongora yakubitiye umugeni mu kiliziya abantu barumirwa (video)

Ubushotoranyi; Umuzamu wa Arijantine yagiye kwishimira intsinzi ateruye agapupe gafite umutwe umeze nk’uwa Mbappé