in

Ngewe Anita Pendo wari umukunzi wa Japhet nemeye ku mutanga ku mugararagaro! Anita Pendo yatanze Japheti bari bamaze iminsi bakoze ubukwe nkugurisha inyuma

Ngewe Anita Pendo wari umukunzi wa Japhet nemeye ku mutanga ku mugararagaro! Anita Pendo yatanze Japheti bari bamaze iminsi bakoze ubukwe nkugurisha inyuma.

Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda akaba n’umushyushya rugamba ndetse na mugenziwe bakora, Japheti Bizimpaka ni bamwe mubakomeza guca ibintu bitewe n’udushya bahorana.

Aba bombi baherutse gukora ubukwe busekeje cyane, babukoreye muri sitidiyo za radiyo bakoreraho. Ubu noneho Anita Pendo yamaze guhararukwa uwo bakoranye ubukwe yemeye kumutanga nk’gurisha inyuma.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomo ku bandi basore bose: Shakib yavuze ibanga rituma abona amafaranga agura imodoka zihenze ndetse akanigondera umuherwekazi Zari – AMAFOTO

Umukobwa yamwogeje ahereye hasi! Umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda yagaragaye bari kumwoza yambaye ubusa buri buri