in

“Ndashaka kukubera aho ukunda” Shaddyboo yagaragaye mu munyenga w’urukundo na Manzi

Shaddy boo, ni umwe mu bagore bamaze kwigarurira imitima y’abantu benshi bakunze gukoreshwa urubuga rwa Instagram, biciye ku mafoto ndetse n’udushya twinshi ahorana.

Mu minsi yashize nibwo hagiye hanze, amakuru avuga urukundo hagati y’uyu mugore ndetse n’undi musore w’umunyarwanda ariko uba kuri Kenya Manzi.

Ku rukuta rwe rwa Instagram, yashyizeho ifoto imugaragaza ari mu munyenga w’urukundo rukomeye n’uyu musore bakundana anayiherekeresha amagambo y’urukundo.

Shaddyboo yagize ati:” ndashaka kukubera ahantu ushaka kujya, yaba mu byiza ndetse n’ibi”.

Shaddyboo akaba afitanye abana babiri n’umugabo bahoze bakundana Meddy Saleh.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Arazira iki?” Alyne Sano yatunguye benshi nyuma yo kugaragara ananutse bidasanzwe(amafoto)

Kabaye: umugabo amaze imyaka myinshi ajya mu mihango kubera impamvu ikomeye