in

Ndanda wabyaranye na Anita Pendo yatereye ivi umukunzi we mushya anamwambika impeta (Amafoto)

Nizeyimana Alphonse wamenyekanye cyane ku izina rya Ndanda akaba yarabaye umuzamu w’amakipe akomeye hano mu Rwanda nka Rayon Sports, AS Kigali n’ayandi ndetse akaba yaramamaye cyane mu gihe yari mu rukundo n’umunyamakuru Anita Pendo ndetse bakaza no kubyarana abana 2, ku munsi w’ejo tariki ya 04 Nyakanga yatereye ivi anambika impeta umukunzi we mushya.

Ibi bibaye mu gihe mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na THE CHOICE LIVE yari yavuze ko ari mu rukundo n’undi mukobwa ko ndetse mu minsi ya vuba barimo guteganya imishinga ijyanye no gushinga urugo bakabana nk’umugabo n’umugore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngizi impamvu zituma abasore b’iki gihe bahita bazinukwa abakobwa bamaze kuryamana.

Umusore yabenze inkumi igitaraganya ubwo yamenyaga ko ari Slayqueen.