in

“Ndambiwe kuba ngenyine,” Rugangura Axel yaciye amarenga yuko hari umuntu ugiye kwinjira mu buzima bwe

Umunyamakuru w’imikino ukomeye cyane hano mu Rwanda Axel yatangaje ubutumwa butangaje bwatumye abatari bake bibaza niba yaba ateganya gushaka umugore.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Axel Rugangura yasangije amagambo wagirango afite umuntu ari gutera umutoma, gusa uwo munta nta muntu umuzi!.

Axel yagize ati “naguteguriye umwanya ahazaza hange, mu gihe ushaka kuba igice kimwe cy’ubuzima bwange cyangwa se mugihe ushaka kuba umwe mu gice cy’urugendo rwange”.

Uyu mutoma waherekejwe n’indirimbo nziza cyane ya The Ben igira uti “sinifuza gukomeza ngenyine uru rugendo”

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe yo muri Jordanie yamaze gutegura miliyoni zikabakaba 300 ngo isinyishe rutahizamu Mpuzamahanga wa Rayon Sports

Umuhanzi bwiza yaciye agahigo gafitwe na bake hano mu Rwanda