in

“Nateye umukobwa inda duteganya kubana none nagiye kumwereka mu rugo bavuga ko ari mushiki wanjye..” umusore ari mu marira

Umusore ari mu marira nyuma y’aho amenye ko umukunzi we bendaga kurushinga ari mushiki we nyuma yo kumutera inda bakaba bafitanye umwana w’imyaka ibiri.

Uyu musore yagize ati:”

Muraho,njye ndi umusore nkaba naravutse ndi njyenyine ngejeje imyaka 12 ababyeyi banjye baza kwitaba Imana bombi…nahise nkurira kwa data wacu,niwe wandeze ndiga ndakura ariko mu myaka 5 ishize naje guhura n’umukobwa turakundana nzakumutera inda ubu umwana wacu afite imyaka 2 nigice…kuko twabonaga twarakujije nahise mbibwira data wacu ko mfite umukaza nshaka kumwerekakuko dushaka gukora ubukwe,yarishimye yewe bahise bananyubakira inzu bampaburi kimwe cyose arikoikibazo gihari nuko nazanye w’amukobwa data wacu yahise amumenya ahita anatubwira ko uwo mukobwa ari mushiki wanjye , nkore iki? “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni yabuze aho akwirwa akubise amaso ubugabo bugufi bw’umukwe bageze mu gitanda

Breaking news: Roberto Martnez nyuma yiminota mike atagejeje ikipe ya kabiri ku isi muri 1/8 mu gikombe cy’isi yahise azerera