in

Na Sitade Amahoro ntiyashimaho! Ibyifuzo by’Abarundi mu bikorwa remezo biteye imbere byasubijwe n’ubwenge karemano ‘Artifiacial Intelligence’ buba muri mudasobwa [AMAFOTO]

Na Sitade Amahoro ntiyashimaho! Ibyifuzo by’Abarundi mu bikorwa remezo biteye imbere byasubijwe n’ubwenge karemano ‘Artifiacial Intelligence’ buba muri mudasobwa.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara sitade Intwari yo mu Burundi iri mu isura nshya ndetse n’isoko rya Bujumbura.

Hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge karemano ‘Artifiacial Intelligence’ umwe mu Barundi yakoze ibishushanyo mbonera by’isoko na Sitade.

Kubirebesha amaso mu bikoresho by’ikoranabuhanga, biteye ubwuzu ndetse birashimishije. Ikibazo bizashyirwa mu bikorwa ryari?

Ikinyamakuru Morning Burundi cyo cyabajije abantu igihe babona ibyo byazashyirirwa mu bikorwa hatitawe ku bukene buhari.

[AMAFOTO]

Report

What do you think?

1.9k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wisiga umutaka udakererwa muri gahunda zawe! Iteganyagihe rya tariki ya 21 Ugushyingo 2023 hagati ya saa kumi n’ebyiri na saa sita z’amanywa

Ntakintu kibabaza nko gutererwa indobo kuri televiziyo! Umukobwa wari umuze iminsi ahararanye na Rumaga yagiye kuri televiziyo atera indobo y’uzuye amazi Rumaga – videwo