Na Sitade Amahoro ntiyashimaho! Ibyifuzo by’Abarundi mu bikorwa remezo biteye imbere byasubijwe n’ubwenge karemano ‘Artifiacial Intelligence’ buba muri mudasobwa.
Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara sitade Intwari yo mu Burundi iri mu isura nshya ndetse n’isoko rya Bujumbura.
Hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge karemano ‘Artifiacial Intelligence’ umwe mu Barundi yakoze ibishushanyo mbonera by’isoko na Sitade.
Kubirebesha amaso mu bikoresho by’ikoranabuhanga, biteye ubwuzu ndetse birashimishije. Ikibazo bizashyirwa mu bikorwa ryari?
Ikinyamakuru Morning Burundi cyo cyabajije abantu igihe babona ibyo byazashyirirwa mu bikorwa hatitawe ku bukene buhari.
[AMAFOTO]





