in

Myugariro wa Rayon Sports nyuma yo kutabona amahirwe ya gukinira Amavubi u Burundi bwahise bumwegukana

Myugariro wa Rayon Sports, Ndizeye Samuel mu minsi yashize umutaza w’ikipe y’igihugu yu Rwanda Amavubi yaramuhamagaye ku gira ngo aze afasha Amavubi.

Gusa kubwo amahirwe make ntayakiniye Amavubi kubera ko habuze ibyagombwa byasabwaga kugira ngo akine byemewe n’amategeko.

Gusa uyu musore nyuma yo kutabona ibyangombwa byo gukinira Amavubi yahise ahamagarwa mu ikipe y’intamba mu rugamba y’igihugu cyu Burundi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi ukomeye kuri Radiyo mu Rwanda yasabwe aranakobwa (Amafoto)

Niba ujya woga amazi akonje ugahita uyitera ku mubiri ufite ibyago bikomeye cyane