in ,

Myugariro ukomeye wa Real Madrid yasinye mu ikipe itari yitezwe abantu bose baratungurwa

Ramos, Marcelo and Pepe

Byavuzweho mu minsi ishize n’ibitangazamakuru bitandukanye ndetse byibazwaho n’abafana ba Real Madrid impamvu Zidane akigera muri iyi kipe zimwe mu mpinduka zabaye aruko yahinduye ubwugarizi bwe,bwari bwubakiye kuri Ramos Marcelo Pepe ndetse na Carvajal, aho yaje kuvanamo uyu munya Portugali Pepe agashyiramo bene wabo w’umufaransa Varane. Ibi byahise biteza intugunda ndetse uyu mukinnyi Pepe ntiyabyishimiye ahita atangira kureba aho azerekeza gusazira. Nyuma yuko ikipe ya PSG ariyo yari ifite amahirwe menshi yo kumwegukana, birangiye imubuze ku munota wa nyuma. Pepe Besiktas  (Twitter)

Amakuru tuvana ku kinyamakuru AS aremeza ko uyu musore Pepe yamaze gusinya mu ikipe ya Beşiktaş Jimnastik Kulübü yo muri Turukiya akaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri ndetse n’umwaka wa gatatu winyongezo bitewe nuko azaba yitwaye. Ibi bikaba byatunguranye bitewe n’ukuntu ikipe ya PSG ariyo yari ifite amahirwe menshi yo kuba yakwegukana uyu musore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu Alexis Sanchez yasabye Arsenal kugirango ayigumemo biratangaje (bisome hano)

Inkuru ibabaje-Ubukwe bwa Lionel Messi bwarangiye mu marira bitungura benshi cyane (Amafoto+Impamvu)