in ,

Mutabare:Miss Shanitah Umunyana ariwe ibihembo bye burundu.

Mw’ijoro ryo kuwa 26/12/20021 nibwo Miss Umunyana Shanitah yakoze amateka yegukana ikamba rya Miss East Africa 2021.

Bimwe mu bihembo Miss Shanitah yari yemerewe harimo imodoka n’amafaranga gusa ikibabaje byose amaso yaheze mu kirere nta na kimwe yari yabona.

Amakuru agenda avugwa hanze hano ku mihanda avuga ko Miss Shanitah ibihembo bye atazigera abibona kuko byaburiwe irengero,imodoka yatsindiye yo ngo ntawuzi aho iherereye kandi ngo iyo ahamagaye abari kumuha ibihembo,numero yanga gucamo.

Uwari Visi Perezida ariwe Miss Mutesi Jolly iyo abajijwe aho imodoka uri avuga ko Perezida yabuze umukiriya kuko itwarirwa iburyo ntiyakinjizwa mu Rwanda.

Ibyo bimenyekanye nyuma y’amasaha macye Miss Umunyana Shanitah acishije ubutumwa kuri Twitter ye agira abakobwa inama yo kwiranda abantu baza babashuka ngo bagiye kubateza imbere cyane cyane mur’ibi by’amarushanwa y’ubwiza ati byahe ko baba bashaka gushyira mu nda zabo.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gerard Pique azakina yambaye jezi yanditseho “Shakira”wahoze ari umukunzi we

Umukinnyi wari ufatiye runini u Rwanda yitabye Imana