in

Musore , umukobwa nagusura akakwereka ibi bimenyetso ntuzabe umwana aragukeneye

Hari ibimenyetso umukobwa cyangwa umugore ashobora kwereka umusore mu gihe yamusuheye ashaka ko baryamana ni ahawe rero musore ngo ufate umwanzuro ku cyo ukwiye gukora.

Umukobwa/ umugore wagusuye nakwereka ibimenyetso bikurikira uzamenye icyo ashaka.

Akurambika umutwe ku rutugu cyangwa ku bibero:

Iyo umukobwa akurwamye ku rutugu cyangwa ku kibero si uko aba aba aniwe kwicara neza ahubwo abikora kugira ngo agushotore ugire icyo wibwira.

Ndataha nyuma y’ isaha imwe

Iyo umukobwa cyangwa umugore yagusuye ukumva atangiye kukubwira ko arataha nyuma y’ isaha aba agira ngo akwereke ko hari ikindi gikorwa mwakora muri iyo saha.

Abivuga kugira umenye ko mugifite umwanya uhagije.

Ndumva nshaka kuryama ariko sinshaka kukubangamira

Kuba umukobwa cyangwa umugore agusura akakubwira ko ashaka kuryama si uko aba ananiwe.

Abaye yari afite umunaniro ntabwo yaba yiriwe agusura, akubwira ko ashaka kuryama kugira ngo muge gukinira ku buriri.

Ikimenyimenyi n’umwemerera uti nta kibazo genda uryame azagenda ariko ashake ko mukomeza kuvugana.

Uziko nibagiwe gufunga neza igipesu cy’ishati

Iyo yagusuye akakubwira gutya aba agira ngo umwiteho, ibitekerezo byawe ubimwerekezeho.

Agusaba ko mubyinana indirimbo

Nagusaba ko mubyinana indirimbo ituje ni uko aba ashaka gushotora amarangamutima yawe.

Ntukwiye kubuza umukobwa cyangwa umugore kugusura kuko ntiwabaho utagira inshuti, kandi iyo akweretse ko ashaka ko muryamana ukabyirengagiza bishobora gutuma umubano wanyu uzamo agatotsi.

Akajipo kagufi cyangwa ikanzu ngufi

Umukobwa/umugore wagusuye akaza yambaye akajipo kagufi akenshi aba akeneye ko mutera akabariro.

Umukobwa cyangwa umugore ntukibwire ko ari umuswa mu guhitamo imyenda yambara aza kugusura, kubw’ibyo iyo ahisemo kuzana aba yayizanye kubera impamvu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari akomeje gutwika n’umusore muto yihebeye

“Mana wee waremye ibyiza koko…” umwambaro mugufi wa Miss Muyango wagarutsweho n’abafana