in

Musore ese wari ubizi ko 99% by’abakobwa badakunda ibi bintu ku basore

Hari ibintu byinshi abakobwa n’abagore badakunda ku bantu b’igitsina gabo aho bava bakagera, ndetse 99% by’abakobwa ntibabikunda.

Bimwe muri ibyo bintu ni ibi bikurikira.

1. Urugomo: abakobwa aho bava bakagera ntibakunda abasore bagira urugomo, muri make batajya batanga umutekano.

2. Kudaha abandi icyubahiro : abakobwa ntibakunda abasore basuzugura abandi.

3. Kutamenya kuganira : abakobwa bakunda umusore uzi kuganira no kumenya uko asubiza umubajije ikintu runaka ndetse no kumenya gukemura ibibazo.

4. Kuba umuhemu : Abakobwa ntibakunda abasore bakunda guhemuka.

5. Kuba umurakare : hari ubwo usanga umusore ahora arakaye, ibyo nabyo ntibabikunda.

6. Kutagira inzozi n’inego : abakobwa bakunda abasore bafite inego mu buzima bwabo.

7. Kutita ku isuku y’umubiri : iki cyo abakobwa bacyanga urunuka.

8. Kutagira amaranga mutima mu rukundo.

9. Kutaba umugwaneza : hari abasore usanga bafite imitima yabaye nk’amabuye ugasanga adashobora gufasha umuntu ufite ikibazo, ibyo nabyo babyanga kubi.

10. Kudafata inshingano : abakobwa banga abasore bihunza inshingano zibareba.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer ukurikiranyweho kwiba terefone ya The Ben yakatiwe

Nubwo yirukanywe aracyabafitiye urukundo! Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sport Yameni Zelfani yeretse urukundo umwe mu bakinnyi bayo -IFOTO