in

Musa Esenu ntakiri kubarizwa muri Rayon Sports ukundi

Umukinnyi wabarizwaga mu ikipe ya Rayon Sports Musa Esenu yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa BUL FC yo mu cyiciro cya mbere,i Bugande.

Uyu musore wari umaze imyaka ibiri akinira Rayon Sports ,yasubiye muri iyi kipe yari yavuyemo aza mu Rwanda .

BUL FC kuri ubu niyo iyoboye urutonde rwa shampiyona n’amanota 33.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku muhanzi The Ben n’umukunzi we

Umutoza wa APR FC Thierry Froger yigize ntibindeba