in

Mu Rwanda:Abagabo bihekera abana babo baravuga ko barambiwe abirirwa babaha urwamenyo 

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Rusizi n’aka Karongi bavuga ko kuba baheka abana ntagitangaza kirimo kuko abo baba bahetse ari abana babo ndetse ko nta n’impamvu yo kuvunisha abagore ababo, bakanenga ababaseka, bakavuga ko bataracengerwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye.

RADIOTV10 dukesha iyi nkuru yaganiriye n’umwe mu bari bahetse umwana avuga ko hari igihe umugore we aba atari mu rugo, yagiye gushakisha ibitunga urugo, bityo ko ntacyamubuza gusigarana abana no kubakorera ibyo basanzwe bakorerwa na nyina.

Aba ibi babikora mu buryo bw’ubwuzuzanye gusa bo ba babazwa nuko bagenzi babo babifata nabi kandi bo babikora mu buryo bw’uburinganire.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Intambara y’amagambo ikomeje kujya mbere, kuri iyi nshuro umuvugizi wa Rayon Sports yihimuye kuri KNC agereranya ikipe ye n’igare 

Amafoto: Ihere Ijisho ubwiza bw’umwana wa Rihanna