in

Mu myambaro y’ikipe ya Rayon Sports ihere ijisho uburanga bw’abakobwa bitabiriye umukino iyikipe yahuyemo na Sunrise(Amafoto)

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi yarigaruriye imitima y’abafana bayo kubera ukuntu iri gutsinda umunsi ku munsi byatumye abafana bayo bagaruka ku kibuga kuko bari kwishimira ko ikipe yabo iri gukina umukino uryoheye amaso.

Mu bafana bari kuza gushyigikira ikipe ya Rayon Sports ku kibuga hari kuzamo n’abakobwa b’uburanga ni nyuma y’aho ku mukino iyi kipe yakinnye n’ikipe ya Sunrise wabaye kuri uyu wa gatanu tariki 4 Ugushyingo bikaza kurangira ikipe ya Rayon Sports itsinze ikipe ya Sunrise Igitego 1-0.

Nyuma y’uyu mukino umuhanzikazi Ariel Wayz yagaragaye kuri uwo mukino, siwe guko kuko hagaragaye n’abandi bakobwa b’uburanga.

Dore amwe mu mafoto twabashije kubabonera agaragaza abakobwa bari gushyigikira ikipe ua Rayon Sports:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Haringingo Francis yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo kuvuga umukinnyi urusha ubuhanga abakinnyi bose ba Rayon Sports

Umunyamakurukazi ukomeye kuri Radiyo mu Rwanda yasabwe aranakobwa (Amafoto)