in

Mu mafoto; Hoteli ya Ferwafa yari yarajemo rwaserera yamaze gusa neza ndetse igiye no gutahwa

Hari hashize imyaka igera kuri irindwa imirimo yo kubaka hoteli ya Ferwafa itangiye, muri iyo mirimo hagiye hazamo za rwaserera haba mu bayubakaga ndetse n’abayubakishaga.

Amakuru meza ahari ni uko iyi hoteli yari yaribagiranwe mu matwi y’abanyarwanda yamaze kuzura.

Nyuma y’imyaka irindwi yubakwa, hoteli y’Ishyirahamwe Nyarwanda rya Ruhago, FERWAFA, igiye gutahwa vuba aha butarambiranye.

Biteganyijwe ko kandi izatangira ibikorwa byayo mbere y’uko Inama ya FIFA izabera i Kigali muri Werurwe 2023 iba.

Biteganyijwe ko izagira uruhare rufatika mu kwinjiza amafaranga yafasha mu iterambere rya ruhago y’u Rwanda.

Si ibyo gusa kandi kuko ishobora no kuzafasha FA yo mu Rwanda Kwinjiza amafaranga yayifasha mu bikorwa byinshi byayo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harry Prince yahishuye ikintu yifuza kuri Prince William

Christopher Galtier yasubije abibaza niba PSG izemera kwitera icyuma igakorera Messi akarasisi k’icyubahiro ko kumwakira