in

Mu mafoto ateye ubwuzu, Kagere Medie yifurije isabukuru nziza umukobwa we mwiza cyane

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Kagere Medie yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa we muto.

Ni mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 ugushyingo 2022, nibwo Kapiteni w’Amavubi Kagere Medie yifurije isabukuru umukobwa we.

Mu butumwa yanyujije ku mbugankoranyambaga ze yifuriza uyu mukobwa we isabukuru nziza, yagize Ati ” Isabukuru nziza gikomangomakazi cyanjye gito”.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje cyane: Umunyamakurukazi yitabye Imana nyuma yo kubyara abana b’impanga

Umukinnyi wa filime z’urukozasoni yatangaje ibihembo bitangaje yemereye umukinnyi ukina umupira w’amaguru