imikino
Mu gihe atarakina na rimwe Paul Pogba yamaze guhanwa!

Umukinnyi Paul Pogba w’ikipe ya Manchester United ufite agahigo ko kuba umukinnyi uhenze ku isi akomeje gukurikiranwa n’ibihano yavanye mu butaliyani bitewe n’uko federation y’abataliyani n’iyabongereza bose ari aba membre ba UEFA bityo ibyo wakoreye mu gihugu kimwe cy’uburayi bikaba byagukurikirana no mu kindi gihugu.
Ni kuri iki gicamunsi aho kuri twitter ya FA federation y’umupira w’amaguru mu bwongereza bari bamaze kwemeza ko mugihe babonye raporo ya federation y’abataliyani ivuga ko Paul Pogba yabonye amakarita abiri y’umuhondo mu mukino Juventus yakinnye mu gikombe cy’igihugu cy’abataliyani n’ikipe ya AC Milan bemeje ko umukinnyi Paul Pogba azasiba umukino wa mbere wa champiyona uzahuza ikipe ya Man united na Bournemouth
Inkuru dukesha ikinyamakuru livefoot.fr irashyira mu majwi abandi bakinnyi batatu biyongera kuri Pogba bazasiba umukino wa mbere wa champiyona aribo:
1.Robert Hurth(Leicester city):uzasiba imikino 3
2.Christopher Smalling(Manchester united):uzasiba umukino 1
3.Paul Pogba (Manchester united):uzasiba umukino 1
4.Moussa Dembele(Tothenham Hotspurs):uzasiba imikino 6
-
Hanze20 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Ubuzima23 hours ago
Dore impinduka zaba ku mubiri wawe uramutse uriye umuneke ukarenzaho ikirahuri kimwe cy’amazi mu gitondo.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro17 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino18 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange10 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho12 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.