in

Mu gahinda kenshi, abahanzi b’ibyamamare muri muzika Nyarwanda baririmbye indirimbo ‘Niko nabaye’ mu muhango wo gusezera Junior Multisystem – VIDEWO

Abahanzi Nyarwanda batandukanye barimo Bruce Melodie, Riderman, Butera Knowless, Uncle Austin, Marina, Yvan Muzik , Victor Rukorana n’abandi barimo kuririmbira Nyakwigendera Junior Multisystem nk’uko yari yarabisabye.

Ni umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 1 Kamena 2023, ahari kuba umuhango wo gusezera kuri Junior Multisystem witabye Imana azize uburwayi bwaturutse ku gucibwa ukuboko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuyivuga nabi byagukoraho: Umunyamakuru ukomeye cyane mu Rwanda yavuze Murera nabi maze bamwe benda kumwirenza -AMAFOTO

Dore uko byifashe mu rugo kwa nyakwigendera Junior Multisystem, Tom Close avuze amagambo akomeye benshi batari bazi