in ,

Miss Rusizi agiye kurushinga n’umucuruzi umurusha imyaka 24 ( +Video)

Umutesi Afsa Teta yambitswe ikamba ry’umukobwa uhiga abandi mu Karere ka Rusizi ku wa 14 Gashyantare 2016 ariko kuva icyo gihe nta wundi Nyampinga uratorwa.

Miss Teta utashatse kugira icyo avuga ku bukwe bwe na Aman Casmir yashyize ku mbuga nkoranyambuga igihe ubukwe bwe buzabera, byaje no guhamywa n’umukunzi we

Yagize ati “Ntabwo nakunda umubiri kuruta imico kuko umubiri ushobora kuba uri mwiza, usa neza ariko imico ikaba atari myiza. Mu gihe tumaranye tujyinama kandi namugira inama akayumva kimwe n’uko nawe ambwira ibyo atishimiye nanjye nkabyumva. Ikindi umubiri wo … ni umukobwa usa neza, ufite igikundiro akaba ariyo mpamvu nanjye naba naramuhisemo ariko cyane cyane sinagendeye ku isura.”

Bazasezerana imbere y’amategeko ku wa 23 Werurwe 2018 mu murenge wa Kamembe, buke basezerana imbere y’Imana mu idini ya Islam.

Umunsi bazagira mu Murenge ni na wo Umutesi azakobwa.

Aman Casmir watandukanye n’umugore mu myaka irindwi ishize, avuga ko adatewe ipfunwe no kurongora umukobwa arusha imyaka myinshi nk’uko bamwe babivuga ko atari akwiya kubikora.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
dede
6 years ago

ariko muransetsa ….niba barikundaniye ndabashyigikiye kd ntibite kumagambo………..ndabizi ko uu mukobw aramutse ashatse umusaza wumuzungu my byinshi…none akunze umwirabura no nurukundo rwamafaranga..no urukundo rujyahorushak …ninkurupfu..muzagire urugo rwiza raka kd muzakomeze mwubahane mujye inama

Intambara hagati ya Neymar n’ikipe ya Fc Barcelone irakomeje

Umutare Gaby na Joyce bagiye kwibaruka imfura (Video)