in

Milliyoni zikenewe kugirango ikipe ya Rayon Sports ikine umukino wa CAF Confederation Cup zakanze abantu bamenyeraga iyi kipe

Milliyoni zikenewe kugirango ikipe ya Rayon Sports ikine umukino wa CAF Confederation Cup zakanze abantu bamenyeraga iyi kipe

Ikipe ya Rayon Sports mu ijoro rya cyeye abakunzi bakadasohoka bahuriye muri Grand Night bishimira ibikombe batwaye umwaka ushize. Muri uyu muhuro hatangiwemo Milliyoni zigera kuri 32 ariko izikenewe kugirango hategurwe umukino wa CAF Confederations Cup wakanze abantu.

Mu minsi iri imbere ikipe ya Rayon Sports irakina umukino wa mbere muri CAF Confederations Cup nyuma yo kudakina umukino wa mbere w’ijonjira ry’ibanze. Uyu mukino ugomba gutegurwa na Milliyoni 68 nkuko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwabitangaje.

Aya mafaranga ni menshi cyane ariko ikipe ya Rayon Sports kuba ari ikipe ikomeye ndetse ifite abafana benshi agomba kuboneka kuko abafana bayo baba bakeneye ibyishimo niyo mpamvu hagomba gutegurwa umukino mu buryo bwose bishoboka.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubu nibwo yabaye mwiza kurushaho” Menya byinshi ku mukobwa wabaye miss Rwanda wa mbere mu 1994 – Amafoto

Ikipe ya Rayon Sports yateguwe na Gorilla FC FERWAFA ibimenye mbere none yateguye igikorwa kiraza kuzimiza ibyari byateguwe byose