in

Ikipe ya Rayon Sports yateguwe na Gorilla FC FERWAFA ibimenye mbere none yateguye igikorwa kiraza kuzimiza ibyari byateguwe byose

Ikipe ya Rayon Sports yateguwe na Gorilla FC FERWAFA ibimenye mbere none yateguye igikorwa kiraza kuzimiza ibyari byateguwe byose

Ikipe ya Gorilla FC nyuma yo gutsinda Rayon Sports umwaka ushize yari yateguye Gikundiro FERWAFA ibimenye mbere ihita itegura igikorwa mu buryo bwihise cyo gukuraho ibyari byateguwe byose.

Kuri uyu wa gatandatu nibwo hagiye amakuru hanze yuko ikipe ya Gorilla FC ishaka kubangamira Rayon Sports ku munsi wejo yaza gukina igasanga imyambaro iri bwambare irasa kandi Gorilla FC ari yo iri mu rugo.

Ikipe ya Rayon Sports imyambaro yose yateguye izakoresha uyu mwaka w’imikino irasa neza n’imyambaro ikipe ya Gorilla FC iheruka gushyira ahagaragara, ibi bivuze ko ikipe ya Rayon Sports izasura Gorilla FC ku munsi wejo kubona ibyo yari bwambare byagorana.

FERWAFA imaze kubona ko hashobora kubaho ihangana ku mukino wejo uzahuza Rayon Sports na Gorilla FC, yahise itegura inama igomba guhuza aya makipe yombi kugirango imwe yerekane ibyo izambara hakiri kare bitazateza ikibazo ku munsi w’umukino.

Uyu mukino wa Rayon Sports na Gorilla FC uteganyijwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Kanama 2023, uzabera kuri Sitade ya Kigali Pelé i Nyamirambo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Milliyoni zikenewe kugirango ikipe ya Rayon Sports ikine umukino wa CAF Confederation Cup zakanze abantu bamenyeraga iyi kipe

Gasabo: Umugabo waburanaga n’umugore we mu rukiko kubera ibintu bihanwa n’amategeko yamukoreye mu bihe bitandukanye, yahawe igihano n’urukiko ubundi abandi bagabo bumviraho