in

Menya byinshi kuri Capital Records, inzu nyarwanda itunganya umuziki | PART 1

Capital Records ni inzu itunganya ibihangano by’abahanzi batandukanye mu buryo bw’amajwi n’amashusho ndetse ubu ikaba yaranatangije serivisi yo gufasha abahanzi batandukanye gushyira ibihangano byabo ku manota mpuzamahaya y’umuziki.

Muri Capital Records hakorerwa injyana zose zaba izihimbaza imana ndetse nizo mu buzima busanzwe. Imwe mu ntego za capital Records ni ukuzamura impano z’abahanzi ari nayo mpamvu uzasangayo abahanzi b’ingeri zose.

Benshi mu bahanzi bakomeye bakorana na capital Records usanga ari abaraperi aha twavuga nka Jay Polly, Jay C, Fire man, Green P, Mkomboz (Burundi), Amag the Black, Khalfan, Ziggy 55, G Bruce n’abandi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dandy – AMABOKO Y’U RWANDA

Didier Drogba yatangaje abakinnyi babiri barenze Lionel Messi