in

Menya amagambo 2 y’ikinyarwanda Ishimwe Gilbert waje mu mavubi azi gusa

Umunyarwanda Ukinira Örebro Syrianska IF mu cyiciro cya 3 muri Sweeden, Ishimwe Gilbert w’imyaka 21 w’umuhanga mu gukina mu kubiga hagati ariko asatira afasha ba rutahizamu gushaka ibitego, ari mu bakinnyi bashya 5 bahamagawe mu Mavubi ari muri Maroc.

Ishimwe Gilbert avuga neza ko inkomoko ye ari Umunyarwanda ndetse ko yiteguye kuzakora ibishoboka byose akazafasha Amavubi kwitwara neza.

Ati “Mpaheruka ubwo nari umwana, ubwo nari mfite imyaka 2 niba ntibeshye, meze neza ababyeyi banjye ni abanyarwanda, umuryango wanjye uba mu Rwanda, maze igihe ntagerayo ariko dufitanye umubano mwiza.”

Abajijwe niba hari amagambo yavuga mu Kinyarwanda, yagize ati “gatoya (yabivuze uku), nshobora kuvuga ‘urakoze’, ntabwo ari menshi ariko numva byinshi, numva buri kimwe.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wamuhanzi uherutse gutera ivi yatangaje igihe azashyira umwana mu mago

Urukundo mu bicu: Miss Grace Bahati yerekanye ifoto arimo kurebana akana ko mu jisho n’umugabo we