in

Mbere y’uko umwemerera ko murushinga banza umubaze ibi bibazo 8 niba ushaka kuba urugo rukomeye

Niba ukeneye kubaka urugo rwiza, rwishimye kandi rushinze imizi, ukeneye kugira ibyo umenya ku muntu mugiye kurushinga.

Ibi bibazo bikurikira ni bimwe mu bibazo ugomba kuzabaza umukunzi wawe mbere y’uko umubwira ngo yego ndabyemeye.

1.Ese wigize ubyara ho? Hari igihe abantu bakundana ariko umwe mu ribo akaba afite nk’umwana hanze ariko yaratinye ku bibwira mu genzi we kugirango atamwanga, kandi nyuma iyo abyimenyeye nibwo biba bibi.

2. Ese ugira ababyeyi bose n’abavandimwe? Mbere y’uko wemerera umuntu ko mubana ugomba kubanza kumenya umuryango we.

3. Ese hari undi muntu mwigize mu bana ho nk’umugore n’umugabo?, ugomba kumenya niba atarigize ashaka ho undi muntu.

4. Ese hari indwara urwaye idakira? Hari igihe ukundana n’umuntu arwaye indwara runaka ariko utabizi, igihe mwamaze kubana zamufata ugatungurwa ukabura n’uburyo ubyitwaramo.

5. Ese ukunda ibihe byo kurya n’ibyo kunywa? Ugomba ku mubaza indyo ndetse nibyo kunywa akunda, ukamubaza niba hari bimwe mu byo kurya atarya cyangwa ibyo atanywa.

6. Ese unywa itabi cyangwa inzoga? Ugomba kumenya niba anywa itabi n’inzoga cyangwa atabi, kuko mushobora kubana ukazatungurwa.

7. Twajya kwipimisha virusi itera sida? Ugomba kumubwira mukajya kwipimisha Sida mbere y’uko umwemerera.

8.Ese usengera mu iyi dini? Ugomba kumenya idini y’umukunzi wawe kugirango mutazabisikana igihe mwamaze kurushinga.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imbwa ko zagowe! Abantu bashyiriweho intego yo kurisha umunwa nk’imbwa maze ucura abandi agahembwa, gusa ukuntu baryaga biratangaje! (VIDEWO)

Kidum yabonye amabuno n’amatako bya Shaddy Boo maze ata ubwenge kugeza yiyambuye imyenda none ari kuyirangisha ku cyibi na cyiza