in

Mbega umusore ugira isoni! Christopher bamusanze mu kabyiniriro ka ni joro  (night club) ahita yihisha (Amashusho)

Mbega umusore ugira isoni! Christopher bamusanze mu kabyiniriro ka ni joro  (night club) ahita yihisha. 

Ubwo abahanzi batandukanye ndetse n’abandi bantu bari bagiye mu kabyiniriro ka ni joro (night club) bahuriyemo n’umuhanzi Muneza Christopher. 

Ubwo bagerageza ku mufoto nyiyabemereye ahubwo y’ipfutse ibiganza mu maso arihisha.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabaye Shehe ubu yitwa Musitafa Abu Nazir: Wa mwana mwakunze muri benshi Rava Nelly yatumye Clapton Kibonke acika ururondogoro ubwo yabonaga impinduka zitangaje zabaye kuri uyu musore (video)

Burya koko izina niryo muntu: Ubwiza bw’umuhanzikazi Bwiza bwatumye abantu bacika ururondogoro nyuma yo kugaragara mu ishusho nshya (amafoto)