in

Mbabazi Shadia yanze kuripfana asubiza umuntu wibajije icyo bisaba ngo atere inda Mutesi Jolly

Mbabazi Shadia yanze kuripfana asubiza umuntu wibajije icyo bisaba ngo atere inda Mutesi Jolly.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X umusore wiyita Ishimwe kuri X yasangije ifoto ya Mutesi Jolly arangije ashyiraho amagambo agira ati “Kumutera inda byasaba iki ?”.

Uyu musore yasubijwe n’abantu benshi kuko yasaga nkubajije ikibazo kitanogeye ku cyumva, muri abo bamusubije na Shaddyboo nawe yari arimo.

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo, abinyujije ku rukuta rwe rwa X yasubije uyu musore agira ati “Ubundi  nta mugabo wakwibaza iki kibazo uretse Sugabo nkawe”.

Shaddyboo yamusubije ubona ko yababajwe cyane nicyo kibazo kiri kwibazwa ku mwari ubereye u Rwanda.

Comments.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyo nkoko yari ishaje kurusha izindi zose ku Isi! Guinness yashenguwe bikomeye n’urupfu rw’inkoko yitwa Peanut yitabye Imana ifite imyaka myinshi kurusha izindi zose ku Isi -AMAFOTO

Amajwi ya wa mukobwa wagaragaye ibere ryagiye hanze ari kuvuga ko yarenganyijwe akomeje guteza uruntu runtu – VIDEWO