in

Marcus Rashford ushobora gusimbura Kylian Mbappe muri Paris saint Germain ibye bihagaze bite?

Umuyobozi ushinzwe siporo muri Paris saint Germain Louis Campos bivugwa ko yavuze kuri uyu mwongereza w’imyaka 27
Marcus Rashford ko yajya gukinira ikipe ya Paris saint Germain akaba yayifasha ndetse nubu akaba ari mubakinnyi ikipe ya Paris saint Germain ushakamo umusimbura wa Kylian Mbappe.

Gusa hari amakuru ashobora kubera Paris saint Germain imbogamizi avuga ko Manchester united yaba yaramwongereye amasezerano ubu akaba afite amasezerano azamugeza muri 2028.

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indege yasubiye inyuma itarangije urugendo kubera inyo

TdRwanda2024! Umwenda w’umuhondo ubonye nyirawo ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda 2024