in

Mama Africa! Dabijou wari wambaye ikanzu yo mu gitenge yakozanyijeho n’uwashatse kumenyera ikibuno cye – AMAFOTO

Icyamamare mu myidagaduro nyarwanda, Dabijou, yagaragaye yambaye ikanzu ikozwe mu gitenge yatumye aterana amagambo n’uwashatse kumenyera ikibuno cye.

Nyuma yo gusangiza abamukurikira kuri Instagram amafoto ye yambaye ikanzu ndetse anateze igitambaro mu mutwe, umwe mu bamukurikira yahise aza maze avuga ku mataye ye(ikibuno).

Uwitwa Nshignace yagize ati “Witondere ayo ma taille yawe nawe utazaba nka babandi bari gushaka aho babibakuramo bitagishoboka. Ariko ubundi uragaragara neza Dabijou.”

Dabijou wibagishije kugira ngo yongereshe ikibuno, nawe yahise aza aramusubiza ati “Harayo wambaye?”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uru rwagwa ko ruryoshye” Rocky Kimomo yavugishijwe nyuma yo gusangira urwagwa n’abanyonzi bo kuri Base (VIDEWO)

Umukinnyi wa Rayon Sports yongeye kugira ikibazo cyababaje benshi gishobora gutuma atagaragara ku mukino uri muri wikendi