in

Lionel Messi yafashije Inter Miami gukora ibyo itari yarigeze ikora mu mateka yayo

Lionel Messi umaze gutsinda ibitego bitatu mu mikino ibiri ya Inter Miami.

Umunya-Argantine Lionel Messi yaraye afashije ikipe ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubasha gutsinda ibitego bitatu ku busa mu gice cya mbere bwa mbere mu mateka yayo.

Mu rukerere rwo kuri uyu wa Gatatu, Saa Saba n’igice ku isaha ya Kigali, ikipe ya Inter Miami Lionel Messi aherutse kugirwamo Kapiteni, yakinaga mukino n’ikipe ya Atalanta United mu Gikombe cya League Cup gihuza amakipe yo mu gice cy’Amajyepfo.

Lionel Messi wakinaga umukino we wa mbere yabanje mu kibuga ndetse ari na Kapiteni yaje gufasha iyi kipe kurangiza umukino itsize ibitego bine ku busa.

Lionel Messi yatsinze igitego cya mbere ku munota wa 8, Kuwa 22ashyiramo icya kabiri, nyuma y’uko Robert Taylor yaje nawe gushyiramo bibiri ku munota wa 44 na 54.

Lionel Messi umaze gutsinda ibitego bitatu mu mikino ibiri ya Inter Miami.

Lionel Messi na Robert Taylor batsinze ibitego bibiri.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie yeretse urukundo umusore umufasha muri byinshi maze abakunzi be batangira kumwuzuzaho imiriro ivanze n’imitima -AMAFOTO

RADIO RWANDA ishobora kutongera kogeza Shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda