in

Kuki iyo bari gutwika amakara mu cyokezo adahinduka ivu nk’uko bigenda iyo uyacanye ku mbabura? – Menya impamvu

Kugira ngo umuriro wake bisaba ko uba uri ahantu hagera oxygen.

Mu cyokezo cy’amakara, baba batabye ibiti ku buryo oxygen itabasha kugeramo. Umuriro ukoresha oxygen iba iri mu biti ukabitwika, yashiramo ukazima byamaze kuba amakara. Iyo ni yo mpamvu ituma amakara aba afite Carbon dioxide nta oxygen.

Iyo oxygen yabashije kwinjira mu cyokezo, habaho impanuka bigatomboka umuriro ugakongora, ku buryo bishora no guteza inkongi ikomeye.

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari gucurisha ibindi bikweto bishya kugira ngo azemeze Abanya-kigali! Umunyarwenya ugezweho muri iyi minsi ategerejwe i Kigali aho azazana n’ibikweto bye bimeze nk’umufuka wa 100kg

“Twahuye dufanana” Ubuhamya bwa Junior Rumaga kuri Yvan Buravan umuze umwaka atabarutse bwendaga kuriza Abanyamakuru yari ari kububwira