in

Ari gucurisha ibindi bikweto bishya kugira ngo azemeze Abanya-kigali! Umunyarwenya ugezweho muri iyi minsi ategerejwe i Kigali aho azazana n’ibikweto bye bimeze nk’umufuka wa 100kg

Ari gucurisha ibindi bikweto bishya kugira ngo azemeze Abanya-kigali! Umunyarwenya ugezweho muri iyi minsi ategerejwe i Kigali aho azazana n’ibikweto bye bimeze nk’umufuka wa 100kg.

Umunyarwenya umaze kubaka izina mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Eric Omondi, ategerejwe mu Mujyi wa Kigali aho azataramira abakunzi b’urwenya muri Seka Live, igitaramo giteganyijwe ku wa 27 Kanama 2023.

Uyu munyarwenya uheruka i Kigali ku wa 30 Werurwe 2022 azahurira ku rubyiniro rumwe n’abarimo Arthur Nkusi, MC Kash, Loyiso Gola, Muhinde, Mavide na Pazzo bakora nk’itsinda.

Omondi agiye kugera i Kigali nyuma yo gutaramira muri Uganda ku wa 9 Nyakanga 2023 mu gitaramo cyateguwe na Alex Muhangi yahuriyemo na Diamond Platnumz.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta shene idacika! AB Godwin wari ufunzwe azira kugurutsa Drone nta ruhushya afite, agiye kuva muri gereza nyuma y’igihe afunze

Kuki iyo bari gutwika amakara mu cyokezo adahinduka ivu nk’uko bigenda iyo uyacanye ku mbabura? – Menya impamvu