in

Kubera kwanga gutirura ipantaro, yahanwe nk’uwishe umuntu

Umusore w’imyaka 28 yanze gutirura ipantaro yari yatijwe n’abavandimwe babiri hanyuma yanze kuyitirura baramwica bamuziza kwanga gutirura.

Ni umusore ukomoka muri South Africa yatiye ipantaro arayigwatira yanga kuyisubiza ba nyirayo hanyuma ba nyirayo kuri uyu wa kane bahise bamufata baramukubita.

Abavandimwe umwe w’imyaka 18 ndetse n’undi w’imyaka 21 baramufashe baramukubita hanyuma uwo musore w’imyaka 18 ahita amutera icyuma mu gatuzaba ahasize ubuzima atyo.

Aya makuru yemejwe n’urwego rw’iperereza muri South Africa aho bemeza ko aba bavandimwe bahise bahunga nyuma yo kwica uwo musore yamuziza kudatirura ipantaro.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru akomeje kuvugisha benshi hanze aha kubera umupira yambaye

Amakuru yihutirwa areba abasabye akazi mu burezi mu Rwanda