in

KNC yikomye abaperezida b’amakipe bagenzi be abashinja kwica umupira w’u Rwanda

Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yavuze ko bagenzi be bayoboye amakipe bagomba kurekeraho kwiriza, na we atisize, kuko na bo atari ba miseke igoroye ku bibazo by’umupira w’u Rwanda.

Yagize ati “Nubwo bisa nk’aho abantu bagiye babivuga ukundi bakabinyuza hirya no hino, munyemerere ndashaka kunenga imyitwarire mibi yacu twebwe abantu bari mu mupira w’amaguru cyane cyane ba perezida b’amakipe.”

Akomeje agira ati “Nshobora kubivuga mukavuga ngo ariko KNC n’ibindi biraho, ndashaka kubivuga muri rusange, ubwo buri muntu arumvamo ibye. Dufite ikibazo gikomeye cyane cyo kwica umupira w’amaguru. Uyu munsi turavuga ngo Ferwafa irananiwe ariko ni twe tunaniwe kuyirusha.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kina Music ishobora guhomba umuhanzi ukomeye

Agahinda ntikica kagira mubi koko ! Ifoto y’umusore w’umushumba aryamye ku nka yararagiye yapfiriye mugisambu yakoze ku mitima yabenshi