in

Kimisagara: Papa Cyangwe yateje akavuyo mu bantu hafi kurwana(Video)

Kuri Maison de Jeunes Kimisagara habereye igitaramo cya Abijuru King Lewis uzwi Papa Cyangwe ndetse na Silvizo maze abantu barishima cyane bituma benda kurwana bashaka kubonana n’uyu muhanzi Papa cyangwe.

Urubyiruko rwifuzaga guhura na Papa cyangwe

Ubwo uyu muhanzi yasozaga igitaramo cye abantu benshi biganjemo urubyiruko rwabanyeshuri n’abana bateje akavuyo bashaka kugera kuri Papa Cyangwe aho bamwe bifuzaga ko  abasinyira ku mashati yabo.Mu mashusho bumvikana bavuga ko batari bakabona Papa Cyangwe ndetse ko bamukunda cyane ari yo mpamvu bifuzaga guhura na we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa ari mu gahinda nyuma yo kuryamana na musaza we ,none arashaka gukora amabara.

Ngaba abakinnyi ba filime nyarwanda bakunzwe cyane kurusha abandi muriyi minsi (Amafoto)