in

Kenya: Umusore ufite master’s azunguza amagi ku muhanda akomeje kubabaza abatari bake

Ni kenshi buri wese yibwira ko kwiga menshi bizatuma agira ubuzima bwiza gusa hari abo bidahira  nk’uyu musore tugiye kubabwira.

Umusore witwa Denis obili ogola ukomoka mu gihugu cya Kenya ufite imyaka 39 yagerageje kwiga nk’abandi ndetse yiganye n’abamwe mu bayoboyi bakomeye harimo Dr william Ruto n’abandi benshi bakomeye muri Kenya.

Denis avuga ko ari we mwana mukuru iwabo ndetse ko yavukiye mu muryango utishoboye byatumye ashyiramo imbaraga yiga amashuri menshi kugirango azafashe umuryango we.

Nyuma yo kwiga ndetse akagera aho abona masters yashatse akazi ahantu harenga ibihumbi bitanu hose abura na hamwe , bityo ayoboka umuhanda kuzunguza amagi kugirango abone ubuzima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yagiye gusezerana yambaye ikote agaruka yambaye amapingu

Ibyavuzwe n’abafana nyuma yo kubona mu gituza cy’umunyamakurukazi Isheja Sandrine (AMAFOTO)