in

Judithe wahoze ari umugore wa Safi Madiba filime ye yamaze kugera hanze gusa iri guca ibintu

Umushabitsi Niyonizera Judethe uzwi ku mbuga nkoranyambaga ku mazina ya Judy Bosslady gusa ikintu azwiho cyane ni uko yigeze gukundana n’umuhanzi ukunzwe hano mu Rwanda Safi Madiba usigaye ukorera umuziki we mu gihugu cya Canada.

Barakundanye biravugwa cyane mu itangazamakuru maze baza gukora ubukwe gusa nyuma baje gutandukana maze nabyo biba inkuru.

Uyu Judy Bosslady umaze iminsi yarinjiye mu ruganda rwa Cinema ubu filime ye Gift of Kindness yarasotse ubu imaze ibyumweru birenge 2 iri hanze ubu wayisango kuri YouTube ya Judy Entertainment, gusa iyi filime ikigera hanze yavugishije abatari bake.

Abantu benshi bavugishijwa bitewe n’ukuntu iyi filime nta rurimi rw’ikinyarwanda ruvugwa mo ikindi kandi nta munyarwanda n’umwe ugaragaramo usibye Judethe, yatangarije kandi ko iyi filime yakorewe muri Canada kandi ngo abayikinamo baturuka mu bihugu byinshi ku isi hose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Yoo burya azi kuririmba kurusha n’umukobwa we” Amashusho ya Aline Sano ari ku ririmbana na mama we yatunguye benshi

Inkokora zari zimeze nk’izihene, Amafoto ya Diamond atari yagafata ateye agahinda