in

John Drille uzwiho kuririmba indirimbo zikora ku mitima ya benshi ategerejwe i Kigali

John Drille uzwiho kuririmba indirimbo zikora ku mitima ya benshi ategerejwe i Kigali

Umunyamuziki uzwi cyane mu ndirimbo zigera ku ndiba y’umutima, Johnny Drille wo muri Nigeria ategerejwe i Kigali.

Abakunzi b’uyu muhanzi bamaze iminsi bifata amashusho bari mu matsinda babyina zimwe mu ndirimbo ze zirimo ‘How Are You? My Friend’ aho abazahiga abandi, bazahabwa itike yo kwinjira muri iki gitaramo agiye kongera gukorera i Kigali.

Iki gitaramo Drille azaririmbamo cyiswe ‘Friends of Amstel 2023’ kigamije guhuza inshuti n’avandimwe, bakishima, Ni ku nshuro ya mbere kigiye kuba, kandi kizarangwa n’ibikorwa binyuranye by’imyidagaduro.

Kizaba ku wa 24 Kamena 2023, kandi kizaririmba abahanzi barimo Bwiza, Ariel Wayz na Ish Kevin. Hari kandi DJ Creme wo muri Kenya, DJs Slick Stuart & Roja wo muri Uganda, DJ Brianne, DJ Pyfo, Nep DJs bo mu Rwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba ugikora ibi bintu uri kugenda wica ubwenge bwawe bucece (ubwenge bwawe buri kujya mu kaga) 

Bakoze inkomati: Ubwiza bwa mushiki wa Bruce Melodie bwatumye abahungu barabya indimi maze inkwakuzi zimwaka nimero (Ifoto)