in

Niba ugikora ibi bintu uri kugenda wica ubwenge bwawe bucece (ubwenge bwawe buri kujya mu kaga) 

Niba ugikora ibi bintu uri kugenda wica ubwenge bwawe bucece (ubwenge bwawe buri kujya mu kaga).

Hari ibintu byinshi abantu bakora ndetse nibyo birengangiza bibwira ko ntakintu bizabahungabanyaho mu mitekerereze yabo, gusa ugasanga ibyo bintu nibyo byangiza mu mutwe w’umuntu cyane.

Bimwe mubyo ngiye ku kubwira hano ni ingero z’ibyo bintu, ndetse iyo ukora bino bintu ubwonko bwawe buba buri mu kaga gakomeye ko kwibagirwa bidasanzwe.

 

1.Kureba filimi z’urukozasoni

2.Niba uri Umunyeshuri ukaba utajya ukora imyitozo cyangwa ngo ukore etide wibwira ko ubizi, nabyo birakwangiza cyane.

3. Kuryama amasaha make ; rimwe na rimwe usanga abiganjemo urubyiruko aribo bantu baryama amasaha mbarwa kandi ubundi aribo bakeneye kuryama cyane.

4. Gukoresha telefone cyangwa se mashine amasaha menshi y’ikirenga.

5. Kwirara ukanga gukora siporo ngorora mubiri.

6. Kutanywa amazi ahagije cyangwa ngo urye imbuto: Akenshi hari ubwo usanga abantu biyima kandi bafite amafaranga.

7. Kudasabana n’abandi, hari ubwo usanga umuntu yifata cyane atisanzura mu bandi kandi batamuheza ahubwo ariwe wiheza.

8. Kutagira umuntu muganira buri kimwe, mbese hano ni igihe uba ntamuntu ugira ushobora kubwira ikikuremereye ku mutima.

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

We ntajya aswata! Byabaye kimomo ko Diamond Platnumz yateye inda Zuchu ndetse ko bari hafi yo gutanga igikoma

John Drille uzwiho kuririmba indirimbo zikora ku mitima ya benshi ategerejwe i Kigali