in

Japheti na Anita Pendo bongeye kugaragara baryamye muri studio (ifoto)

Abanyamakuru Japhet na Anita Pendo bafotowe baryamye murì studio ubwo bari mu kiganiro cya mu gitondo maze Anita avuga ko ari Japhet wazanye igitekerezo cyo kwifotoza gutyo.

Aba banyamakuru bakunze gukora udutendo mu biganiro bica kuri Magic FM ndetse bakifotoza bakora ibintu bitangaje ,bari baryamye hasi bakuyemo inkweto.Maze basangiza iyi foto ku mbugankoranyambaga batuma bamwe mu bafana bavuga ko bakimaze.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Iki si igitsina ni amaribori” mu burakari bwinshi, Bazongere Rosine yibasiye abamushinja kwifotoza yerekana imyanya y’ibanga (ifoto)

Kuri instagram: Ifoto ya Then Ben na Miss Uwicyeza Pamella bambaye nka papa na mama yasekeje abantu