in

Jali: Umugore witwa Muhoza Josiane yataye uruhinja rw’ibyumweru bitatu muri Ghetto anasiga yandikiye urwandiko Mutwarasibo na nyirinzu

Umugore witwa Muhoza Josiane yataye uruhinja rw’ibyumweru bitatu muri Ghetto anasiga yandikiye urwandiko Mutwarasibo na nyirinzu.

Mu murenge wa Jali, humvikanye inkuru y’umugore wataye uruhinja aho yabaga muri uwo murenge.

Uwataye umwana ni Muhoza Josiane, wamusize mu nzu yakodeshagamo.

Nyirinzu uyu mugore yabaga, yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko uyu mugore yigeze gushaka no gukuramo iyo nda gusa aza kumubuza.

Josiane yasize uyu mwana ndetse maze asiga anandikiye Mutwarasibo amubwira ko adashoboye kurera uwo mwana.

Umujyanama w’ubuzima muri uyu murenge, yahise ajyana uru ruhinja mu kigo nderabuzima kugira ngo yitabwe ni mu gihe Josiane n’umugabo wamuteye inda bari gushakishwa n’Inzego z’umutekano.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntakintu kibabaza nko gutererwa indobo kuri televiziyo! Umukobwa wari umuze iminsi ahararanye na Rumaga yagiye kuri televiziyo atera indobo y’uzuye amazi Rumaga – videwo

“Gishobora kuba kimaze imyaka 20 cyangwa 25. Ni nko gukinira ku muhanda.” Umutoza wa Afurika y’Epfo yasebeje ikibuga cy’Akarere ka Huye araza kwakirirwaho n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi