in

Iyo urenze uburenze: Umuraperi Rider Man yaraye yongeye gushimangira ko ari we wa mbere mu Rwanda (video)

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda munjyana ya hip hop yaraye asusurukije imbaga y’abantu mu birori bya Nyega Nyega na Skol lager.

Umunyabigwi akaba kabuhariwe mu njyana ya Hip Hop yongeye gushimangira ko akiri nimero ya mbere muri iyi njyana nyuma yo gususurutsa abari bitabiriye ibirori bya Nyega Nyega na Skol lager byari byitabiriwe n’abaraperi benshi batandukanye.

Reba amashusho ya Riderman kurubyiniro:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubutwari buravukanwa: Abana bato b’abanyeshuri bakomeje kuba intwari ku mbuga nkoranyambaga kubera ubintu bakoreye umubyeyi (VIDEWO)

Burya koko akabi gasekwa n’akeze: Umukamezi wakamejeje yavuze uburyo yamburwa n’abantu bakoze ubukwe akaburaho abariza (video)