in

“Iyo umaze kumenya agaciro ku mwuka ntago witeza abantu!” Sunny yavuze uburyo yashatse kwiyongeresha bimwe mu bice bye by’umubiri

Iyo umaze kumenya agaciro ku mwuka ntago witeza abantu! Sammy yavuze uburyo yashatse kwiyongeresha bimwe mu bice bye by’umubiri.

Mu kiganiro umubyeyi Sunny Rwanda yagiranye na Chita yavuze uburyo yashatse kwibagisha amabere.

Yagize ati ” nkiba muri Thailand nari mfite inshuti y’umukobwa, yari ifite amabere ahagaze, meza ku buryo iyo twajyaga mu isoko twigeraga imyenda nkabona iramubereye ariko ngewe nayigera nkumva ndiyanze. Ibyo rero byatumye numva nshaka kwiyongeresha amabere”.

Gusa Sunny ibyo ntiyigize abakora kuko yamenye ingaruka zabyo ndetse amenyako biriya bintu ari bimwe mu bitera impfu nyinshi z’abakobwa.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Umutesi Lea yatomoye umugabo we karahava

Mu myambarire ikurura abarebyi: Miss Kayumba Darina yagaragaye yibereye ku mazi (Amafoto)