in

Iyi miterere wayinganyiki! Ubwiza n’imiterere bya Miss Uganda byigaruriye umutima wa Edyy Kenzo -AMAFOTO

Inkuru y’umubano wihariye wa Eddy Kenzo na Nyampinga wa Uganda 2023, Hannah Karema Tumukunde, yongeye kugarukwaho cyane mu binyamakuru bitandukanye muri iki gihugu.

Iby’umubano wihariye wa Miss Karema na Eddy Kenzo, uyu mukobwa yagize icyo abivugaho mu minsi ishize avuga ko ari inshuti ye.

Ati:”Ni inshuti yanjye n’iy’umuryango wanjye harimo n’abavandimwe banjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bikorwa na bake ku Isi: Ihere ijisho amashusho y’umugore ukora ibintu bidasanzwe kuri ruhago ukomeje kuvugisha benshi (video)

Kigali: Abapyesi (Abataka) bakora mu nkweto mu mujyi bakozwemo umukwabu nyuma y’uko umwe abuze ubuzima ashwanye na mugenzi we