in

Iyi Kigali ntacyo itazazana! Kevin Kade nyuma yo kubona ko kuririmbira abakobwa bimuteza ibyago yahisemo kwihererana agahene mu modoka – Amashusho

Iyi Kigali ntacyo itazazana! Kevin Kade nyuma yo kubona ko kuririmbira abakobwa bimuteza ibyago yahisemo kwihererana agahene mu modoka. 

 

Amashusho ya Kevin Kade arimo ararimbira ihene mu modoka ye, akomeje gutangaza benshi. Mu gihe benshi bamenyereye ko indirimbo nkizi zirirmbirwa abakobwa, we yahisemo kuyirimbira agahene ko kurarira.

Kade yari ari kuyiririmbira indirimbo ye yitwa Munda, reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie yaciye amarenga ko agiye kwerekeza muri Leta zunze ubumwe z’Amerika

N’abagore babaye ba Kazungu! Umugore yatawe muri yombi akimara guca umutwe umu ex we