in

Ishuri ryacu ntiryuzuye udahari: Abana biganye na Kenny uherutse kwitaba Imana bashenguye imitima ya benshi kubera amagambo bavuze ubwo basezeraga kuri mugenzi wabo

Ishuri ryacu ntiryuzuye udahari: Abana biganye na Kenny uherutse kwitaba Imana bashenguye imitima ya benshi kubera amagambo bavuze ubwo basezeraga kuri mugenzi wabo.

Mugabo Benny witabye Imana aguye mu mpanuka yabereye ku Irebero muri Kicukiro ubwo imdoka itwara abanyeshuri yagongaga igiti we akaba atarashoboye kurenga aho.

Ubwo kuri uyu wa 13 Mutarama 2023 Mugabo Kenny yasezerwagaho kumugaragaro abana biganye bagaragaje agahinda n’intimba batewe no kubura uwari umukuru w’ishuri ryabo(Chief).

Bagaragaza ibi babinyujije mu magambo yanditse ndetse akaba yateye agahinda benshi agahinda kakazamuka bundi bushya.

Reba Videwo..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umu Miss yinjiranye inkota n’amababa ku rubyiniro 

APR FC igiye gutera gapapu Rayon Sports ku mukinnyi w’umunyamahanga dore ko abanyamahanga bakina imikino yo kwishyura muri APR FC