in ,

Irebere abakobwa b’ibyamamare nyarwanda bivugwa ko mukorogo bukabije(+AMAFOTO)

Iteka wumva ko mukorogo ibaho cyangwa ukerekwa umuntu ubwirwa ko yayisize ugahakana ugatsemba uvuga ko ari ugucya cyangwa se n’ibindi.Kuri ubu niba uri umwe mu bashidikanya kuri mukorogo,rumwe mu mbuza za internet zikorera mu Rwanda ,Touchrwanda rwagukoreye urutonde rw’abanyarwandakazi b’ibyamamare ruvuga ko bisize mukorogo

Dore uko uru rubuga rubitangaza “byamamare nyarwanda uko bukeye uko bwije ugenda ubona imihindagurikire yabo k’uruhu bigatuma benshi bahita bahamya ko ari mukorogo bisize.

Umukorogo ni uruvange rw’amavuta menshi abantu bisiga kugira ngo bahinduke inzobe cyane, benshi babyita kwitukuza.

Abahanzi nyarwanda, abakinnyi ba filimi, ba Nyampinga n’ibindi byamamare bitandukanye usanga bigenda bigaragara ko bisize iyi mukorogo cyane iyo witegereje amafoto yabo yahashize.

Amafoto ya kera yaba bakobwa iyo uyitegereje ukanareba amafoto yabo muri iyi minsi usanga harimo itandukaniro rihabanye cyane kuko ushobora kugira ngo urimo kureba abazungukazi.

Aya ni amwe mu mafoto y’abakobwa b’ibyamamare nyarwanda bisize mukorogo mu buryo bugaragarira buri wese

Knowless

Butera Knowless yisize mukorogo mu buryo bugaragarira buri umwe

Oda Paccy

Uzambwerumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy
Uzambwerumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy

Young Grace

 

Abayizera Marie Grace nawe yarahindutse cyane
Abayizera Marie Grace nawe yarahindutse cyane

Priscillah

Priscillah uba hanze nawe yisize mukorogo
Priscillah uba hanze nawe yisize mukorogo

Mutesi Jolly

Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly yisize mukorogo mu buryo bukabije
Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly yisize mukorogo mu buryo bukabije”

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto agaragaza ibigango bya The Ben na Meddy yatangariwe n’abantu benshi ku isi

Real Madrid ihojeje amarira abafana bayo igura umukinnyi ukomeye yashakaga cyane